Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice

Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice

Maniraguha Maurice, ni Umucuranzi w’Inanga ( igicurangisho cya gakondo cyakoreshwaga kera mu muziki, mu birori bitandukanye) .Izina ry’ubuhanzi akaba yitwa Umushakamba. Umushakamba ni umuhanzi ukiri muto wahisemo gucuranga akoresheje igikoresho cya...

Ububiko bw’inyandiko,isoko y’abashakashatsi

Ububiko bw’inyandiko,isoko y’abashakashatsi

Ishyigura nyandiko ry’igihugu,rigenewe kwakira inyandiko za leta n’izibindi bigo biyishamikiyeho,kugirango bibikwe neza,kandi bishyirwe hamwe.Gushyigura inyandiko bifasha abakiri bato kumenya,rikanafasha abakora ubushakashatsi. Kuva cyatagira gukora muri 1979 nta...

Umwuga wa kera w’umubyeyi belancila

Umwuga wa kera w’umubyeyi belancila

Igihe isi yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ababyaza (abafasha b’ababyeyi),nasuye umubyeyi wafashaga abandi babyeyi mugihe cya kera. Belancila ni umubyeyi usheshe akanguhe utuye mu murenge wa Nyamirambo, mu Kagali ka Rugarama , yavutse 1940, avukira mu Murera wo mu...

Umugani wa Ndabaga

Umugani wa Ndabaga

Ngucire umugani nkubambuze umugani n’uzava I kantarange azasange ubukombe bw’umugani bumanitse kumuganda w’inzu… Ubusa bwaritse ku manga, Uruvu ruravugiriza, Agaca karacuranga, Nyiramusambi isabagirira inanga, Harabaye ntihakabe Harapfuye ntihagapfe Hapfuye imbwa...

Umunyabugeni icyimanimpaye jean damascene

Umunyabugeni icyimanimpaye jean damascene

Umunyabugeni Icyimanimpaye Jean Damascene ni umunyabugeni utuye mu mujyi wa Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba. Ni umunyabugeni wabitangiye  mu mwaka  1998, akiri muto, aho yafashaga Papa we gushaka ibikoresho no guconga ibihangano bye. Mu 2001...

Imikoreshereze y’inyuguti nkuru

Imikoreshereze y’inyuguti nkuru

1.Mu ntangiriro y’interuro Urugero :Isuka ibagara ubunshuti ni akarenge 2.Nyuma y ‘akabago,akabazo n’agatangaro Urugero :Twese hamwe duhagurukire kujijuka.wabigeraho ute utazi gusoma ? Oyeee !igitego kikabakirinjiye 3.Ku nyuguti itangira...

Abanyamihango b’Ibwami
Tourism

Abanyamihango b’Ibwami

“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse hakaziramo n’ubucurabwenge.Abo banyamihango,bakaba bari bashizwe imirimo n’imihango yose yakorerwaga I Bwami umunsi k’uwundi,Abanyamirimo b’Ibwami bari aba...
Read More
1 2 3
Kazungula, ahantu ibihugu bine bya afurika bihurira

Kazungula, ahantu ibihugu bine bya afurika bihurira

Quadripoint! Si henshi ku isi usanga ahantu afite imiterere iteye gutya, kuba hahurira ibihugu birenze bibiri icyarimwe. Kazungula  ni ahantu ho nyine ku isi ibihugu bihurira mu buryo kamere.Ni ahantu  hafite amateka menshi kubera ukuntu...

Kigali, ingoro ndangamurage ukwiriye gusura

Kigali, ingoro ndangamurage ukwiriye gusura

Mu murwa mukuru w’igihugu cy’u Rwanda uhasanga ingoro ndangamurage zitandukanye, zifite amateka menshi kandi ashimishije. Mu ngoro ndangamurage ukwiriye gusura: Ingoro  Ndangamurage Yitiriwe Richard Kandt ( Kandt’s Museum) Ni ingoro iherereye mu mujyi wa Kigali...

Ibisubizo 15 bya Habiyambere Egide

Ibisubizo 15 bya Habiyambere Egide

Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize.  Egide atuye mu murenge wa Nyamirambo akaba akunda kumenya ahantu hatandukanye. Ni hehe watembereye mu Rwanda ? Natembereye I Nyanza ku...

Umwuga wa kera w’umubyeyi belancila

Igihe isi yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ababyaza (abafasha b’ababyeyi),nasuye umubyeyi wafashaga abandi babyeyi mugihe cya kera. Belancila ni umubyeyi usheshe akanguhe utuye mu murenge wa Nyamirambo, mu Kagali ka Rugarama , yavutse 1940, avukira mu Murera wo mu...

Umugani wa Ndabaga

Ngucire umugani nkubambuze umugani n’uzava I kantarange azasange ubukombe bw’umugani bumanitse kumuganda w’inzu… Ubusa bwaritse ku manga, Uruvu ruravugiriza, Agaca karacuranga, Nyiramusambi isabagirira inanga, Harabaye ntihakabe Harapfuye ntihagapfe Hapfuye imbwa...

Umunyabugeni icyimanimpaye jean damascene

Umunyabugeni Icyimanimpaye Jean Damascene ni umunyabugeni utuye mu mujyi wa Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba. Ni umunyabugeni wabitangiye  mu mwaka  1998, akiri muto, aho yafashaga Papa we gushaka ibikoresho no guconga ibihangano bye. Mu 2001...

Imikoreshereze y’inyuguti nkuru

1.Mu ntangiriro y’interuro Urugero :Isuka ibagara ubunshuti ni akarenge 2.Nyuma y ‘akabago,akabazo n’agatangaro Urugero :Twese hamwe duhagurukire kujijuka.wabigeraho ute utazi gusoma ? Oyeee !igitego kikabakirinjiye 3.Ku nyuguti itangira...

Imana yirirwa ahandi igataha i rwanda

Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo babonye ibyiza n'amahirwe bibwira ko bibaye ku Rwanda gusa,andi mahanga atabonye.Ubwo nibwo wumva bavuga bati:"Imana yirirwa ahandi igataha mu Rwanda".Uyu mugani ukomoka kuri Runukamishyo wabayeho ku ngoma ya MibambweI Mutabazi...

Amasomero y’ibitabo byiza mu mujyi wa rubavu

Umujyi wa Rubavu ni umujyi uri mu Karere ka Rubavu ku nyengero z’ikiyaga cya Kivu, ni umujyi urimo ibintu byinshi byo gusura. Ukunda gusoma ukaba watembereye,  wagiye gukorera mu mujyi wa Rubavu cyangwa uwutuyemo ni byiza kumenya ahantu wajya gusomera,...

Udakora mu nkono,isahane ikakurega.

Harabaye ntihakabe habaye inka n’ingoma, hapfuye Impyisi mahuma Hasigaye Inka n’abana  Ngucire umugani w’umurandaranda nuwurinda ukawurandura uzaramba nkawo Ubusambo bw’abagabo bo hambere, Kera habayeho umugabo n’umugore. Bari batuye  mu Ruhondo rwa...

Kazungula, ahantu ibihugu bine bya afurika bihurira

Quadripoint! Si henshi ku isi usanga ahantu afite imiterere iteye gutya, kuba hahurira ibihugu birenze bibiri icyarimwe. Kazungula  ni ahantu ho nyine ku isi ibihugu bihurira mu buryo kamere.Ni ahantu  hafite amateka menshi kubera ukuntu...

Ibintu 25 wamenya ku muhanzi Kizito MIHIGO

Kizito Mihigo ni umuhanzi, umucuranzi, umwanditsi w’indirimbo n’umuririmbyi w’umunyarwanda, akaba n’imirimbanyi y’amahoro n’ubwiyunge. Yaririmbaga indirimo zihimbaza imana muri Kiliziya Gaturika ahimba n’iz’ubumwe n’ubwiyunge. Kizito Mihigo yavukiye I kibeho mu karere...