Dore ibintu 5 wakora mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora

Dore ibintu 5 wakora mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora

Umunsi mukuru wo kwibohora ni umunsi ukomeye mu Rwanda, kuva tariki ya 1-tariki ya 4/Nyakanga aba ari iminsi ikomeye, aba ari iminsi y’ikiruhuko mu gihugu, aho usanga abantu baba bayishimiye.  Ni iminsi umunyarwanda wese akwiriye kuzirikana, ifite amateka...
Ibyiza 5 byo gutembera wenyine

Ibyiza 5 byo gutembera wenyine

Abantu benshi bumva ko iyo  watembereye wenyine utabasha kwishima cyangwa ngo uryoherwe. Abantu bakunda  gutembera bonyine ( Solo Travels) bagaragaza ko hari ibintu byinshi bishobora kugushimisha wagiye wenyine. Dore ibyiza 5 byo gutembera wenyine. 1.Wunguka...
Ahantu 15  Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2023 mu Rwanda.

Ahantu 15  Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2023 mu Rwanda.

U Rwanda ni igihugu gifite ahantu ndangamuco henshi hirya no hino mu gihugu kandi heza, habumbatiye amateka y’abanyarwanda n’u Rwanda muri rusange. Ni byiza kuhasura ukamenya ibintu bitandukanye biri mu muco wacu.  Umwaka wa 2023 ufite iminsi 355, ni umwaka...
Ingoma –ngabe,ikirango cy’u rwanda rwo hambere

Ingoma –ngabe,ikirango cy’u rwanda rwo hambere

“ Mu Rwanda rwo hambere,ikirango cy’igihugu cyari Ingoma-Ngabe” Ingoma-Ngabe ni yo yari Ibendera ry’igihugu,akaba ari na yo yari Nkuru imbere y’umwami n’Umugabekazi.Umurimo wayo ukaba wari uwo kwimika Abami no guhuza Umwami na Rubanda.Icyo twakwibutsa ahangaha,ni...
Abanyamihango b’Ibwami

Abanyamihango b’Ibwami

“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse...